Find Expert Guides • Plan a Personal Trip • Explore Our Pasts Consciously

Tembera Ingoro Ndangamurage Y’Abami Y’U Rwanda

Nakoreye mu karere ka Nyanza mu bihe bitandukanye, mu mishinga ijyanye n’umurage n’ubukerarugendo, ibyo byatumye menya ingoro ndangamurage y’Abami ndetse n’amateka y’umujyi wa Nyanza. Muri iyi nyandiko, ndashaka kugaragaza akamaro k’iyo ngoro n’impamvu numva buri mushyitsi wese uje mu Rwanda akwiye gutekereza gusura Nyanza; niyo waba udashimishwa n’amateka. Nk’inzobere mu bijyanye n’umurage, ndatanga inama zitandukanye kugira ngo urugendo rwawe ruzakubere urwo amateka, ntiruzibagirane mu gihe waba usuye Nyanza.

Inshamacye y’amateka y’ingoma ya cyami mu Rwanda n’ingoro y’Abami

Kings' Palace Museum in Nyanza, Rwanda.
Urebeye mu kirere uku niko ingoro ndangamurage y’Abami, aho umwami yari atuye hashya n’ahacyera igaragara ifoto © GIZ/Yves Sangwa
Kings' Palace Museum in Nyanza, Rwanda.
Ingoro gakondo iteye nkiyo umwami yari atuyemo ifite igice gifite igisenge gikoze mu bikoresho gakondo. Ifoto © GIZ/Yves Sangwa

n’iki kiri ku ngoro ndangamurage y’abami wareba?

Traditional Royal Palace Nyanza
Ubwinjiriro nyamukuru kuri kopi yikigo gakondo cyumwami.
Traditional Royal Palace Interior
Imbere imbere yicyumba cyumwami.

ingoro gakondo z’abami

inka z’inyambo

Ingoro y’umwami Mutara III Rudahigwa

Umusezero wa Mwima

Inama wagenderaho usura ingoro

ONGERA INGORO Y’ABAMI KU RUTONDE RW’AHANTU WATEMBERERA

Ingoro Ndangamurage Y'Abami

Nyanza ifite amateka mareremare, ariko hari ayavuba cyane nk’ahantu habaye umwami kugeza mu 1962 igihe ingoma ya cyami yarangiriye mu Rwanda. Uyu munsi aho hantu hari ingoro ndangamurage, aho abasura babonera aba batembereza inzu gakondo ibumbatiye aho umwami yari atuye. Inyubako iri mu buryo bufite igisenge cyubacyishijwe ibikoresho gakondo zizewe zongera kubakwa kugira ngo zerekane igitekerezo cyuko ingoro y’umwami yari imeze mbere y’uko ivugurugwa ikubakwa mu buryo bushya mu 1932. Abashyitsi basura kandi ubworozi bw’inka zamamaye kandi zubashywe zitwa Inyambo, zakuwe mu zororwaga n’umwami.

Archaeology Travel Umwanditsi

David Nkusi

Mfite uburambe bw’imyaka 10 ndi impuguke ishinzwe kubungabunga ahantu ndangamurage mu Nteko y’Umuco nkaba mfite n’impamyabushobozi y’icyiciro cya gatatu cya kaminuza mu micungire y’umurage nakuye muri kaminuza ya Kent na Athens kaminuza y’ubukungu n’ubushabitsi, nshishikajwe no kuzamuramura uko umurage w’u Rwanda ugaragara. Ubu ndi umwarimu w’amasomo y’umurage muri kaminuza y’u Rwanda nkaba n’umushakashatsi w’ahazaza; niyemeje kwita no kurinda umurage.